Itangazo rigenewe abasabye gukora ikizamini kibinjiza mu mwuga Wubuforomo n Ububyaza

NCNM iramenyesha abasabye gukora ikizamini kibinjiza mu mwuga w'Ubuforomo ku rwego rwa A2, Ubuforomo n'Ububyaza ku rwego rwa A1 na A0, ko ikizamini cyanditse giteganyijwe kuwa 13 Kanama 2024. Ikizamini cy'ubumenyingiro kizakorwa kuva kuwa 19 kugeza 30 Kanama 2024. Icyitonderwa: Ubusabe buzakorwa nyuma ya tariki 30 Nyakanga 2024 ntibuzasuzumwa. Ugize ikibazo, yatwandikira kuri WatsApp nimero: 0788386969. Turabashimiye!




Comments


Post your Comment Here


 (required)
 (will not be published) (required)
 
Home
Follow Us