Urutonde rw abazakora ikizamini cya License kuwa 29 Ukwakira 2025 n aho bazagikorera

Inama y'Igihugu y'Abaforomokazi, Abaforomo n'Ababyaza (NCNM) inejejwe no kubagezaho urutonde rugaragaza neza aho buri mukandida azakorera (site) ikizamini cyanditse cya License kuwa 29 Ukwakira 2025.

ICYITONDERWA: Buri mukandida wese asabwe kwitwaza indangamuntu. Tubibutse ko nta mukandida wemerewe kwihindurira site yahawe yo gukoreraho ikizamini cyaba icyanditse cyangwa icy'ubumenyingiro. Musabwe kugera aho muzakorera ikizamini bitarenze saa mbili za mugitondo.

Umukandida uri kuri uru rutonde ariko akaba yagize impamvu zikomeye, zumvikana yatangira ibihamya zituma adakora ikizamini, yakwandikira ibaruwa Umwanditsi Mukuru wa NCNM iby'icyo kibazo kugira ngo azashyirwe mu bakandida bazakora ikizamini ubutaha.

Tubifurije amahirwe masa! Kanda hano urebe urutonde


Comments


Post your Comment Here


 (required)
 (will not be published) (required)
 
Home
Follow Us