Skip to main content Skip to page footer
A Rwanda Government Website

Urutonde rw'abazakora ikizamini kibinjiza mumwuga tariki 08 Nzeli 2026

 Ubuyobozi bw'Inama y'Igihugu y'Abaforomokazi, Abaforomo n'Ababyaza(NCNM) buramenyesha abantu bose basabye bakemererwa gukora ikizamini kibinjiza mumwuga w'Ubuforomo n'Ububyaza ko itariki ntakuka yo gukora icyo kizamini ari 08 Nzeli 2026 muburyo bw'ikoranabuhanga.

Urutonde rw'abemerewe  gukora icyo kizamini n'aho bazakorera biri ku mugereka w'iri tangazo.

 

Icyitonderwa: Hari abemerewe gukora ikizamini  ariko bashyizwe kurutonde rw'abazakora ikizamini ubutaha kubera umubare wabasabye uruta ibikoresho bikenerwa kugirango ikizamini gikorwe   

 

Murakoze                                                                        

Kanda hano urebe urutonde rwabazakora ikizamini tariki 08 Nzeli 2026

 

Kanda hano urebe urutonde rw'abazakora ikizamini ubutaha